Publié par : paroisserulindo | février 6, 2012

NIMWISHIMIRE MURI NYAGASANI” (Fil 4,4)

 “ NIMWISHIMIRE MURI NYAGASANI” (Fil 4,4)

Nimwishime muri Nyagasani”. Ayo ni amagambo meza  agize  insanganyamatsiko Nyirubutungane Papa Benedigito wa XVI yaduhaye mu rwego rwo kwitegura umunsi mpuzamahanga w’ urubyiruko, tuzizihiza tariki ya 1 Mata uyu mwaka.

Twifuza ko aya magambo meza Pawulo mutagatifu yandikiye abanyafilipi mu bibazo bikomeye bari bafite, aba intego ya buri wese; cyane cyane buri mukristu wa Paruwasi yacu ya Rulindo.

Nibyo koko, Imana umubyeyi wacu  yaturemye idukunze kugira ngo tubeho twishimye. Uwo niwo mugambi w’ Imana, ugomba no kuba uwacu twese, mu gihe twemera ko turi abana b’ Imana koko. Ubwo rero tuzi neza ko Imana ihari kandi ishaka ko twishima; nibidushimishe, maze tuberwe no kwakira ibyo byishimo Imana iduha muri Kristu Yezu.

Ariko kandi, ntitwirengagije ko muri iki gihe hari n’ ibibazo byinshi kandi bibangamiye k’ uburyo bukomeye ibyo byishimo: ubukene, amakimbirane mu miryango yacu, inzangano, indwara zidakira kandi zigaragaza mu buryo bwinshi; imihindukire y’ isi itandukanye kandi  ivuguruzanya n’ urukundo rw’ Imana. Ibyo byose, kimwe n’ibindi tutavuze umuntu yaba ahura nabyo, bituma ubuzima buba bubi maze ibyishimo bikabura! Ndetse bikarushaho gukomera iyo dusanze ari n’ ibibazo tudafitiye ibisubizo! Bishobora gutuma umuntu yanga ubuzima.

Ibyo byose, Imana nayo irabizi kandi ntibyerengangiza. Koko ni Yezu wenyine ufite igisubizo cyabyo nk’ uko Ivanjili ibitubwira kenshi!

Urugero  ni nk’ igihe umuhengeri  mwinshi wateye ubwato yarimo, arikumwe n’ abigishwa be, bihutiye kumukangura bamubwira bati: “Mwigisha ntacyo bigutwaye, ko tugiye gushira!” nuko arakanguka, akangara inyanja ati: “ceceka ! Tuza!”  Nuko  umuyaga urahosha, ituze riba ryose. Hanyuma Yezu arababaza ati: “ icyabateye ubwoba ni iki ?  Mbese ntimuragira ukwemera? (reba Mk 4,37-40).

Icy’ ingenzi rero ni uko natwe twemera kugendana na Yezu mu buzima bwacu, maze tukamutabaza igihe cyose duhuye n’ ibitugoye! Iki gihe turimo, nacyo  kiradusaba kwemera ko Yezu ariwe ufite ububasha bwo gutuma  tukinyuramo neza! Aho niho tuzakura ibyishimo by’ ukuri.

Bakristu Bavandimwe; dukunde Yezu Kristu wemeye kuza  kudukiza. Twemere rero kuyoborwa na We. Dukunde kandi twitangire Kiliziya idufasha mu kwemera. Dukunde Paruwasi yacu ikomeze ibere bose ikimenyetso cy’ umukiro dukesha Kristu Yezu!

Padiri   Damien  KIMENYI.

 

 

Publié par : paroisserulindo | juillet 26, 2011

REHABILITATION DE L’EGLISE DE LA CENTRALE DE RUHONDO

PROJET DE REHABILITATION DE L’EGLISE DE LA CENTRALE DE RUHONDO

Construit en 1955 par les pères blancs, l’Eglise de la centrale de Ruhondo aide les chrétiens à mieux célébrer la messe le dimanche et aux autres fêtes de l’Eglise.

Cependant délabré par l’âge,  elle ne répond plus aux conditions d’hygiène minimale et de sécurité des chrétiens qui viennent y célébrer la messe et les sacrements. Suite également à sa petitesse elle ne s’adapte plus aux activités d’une véritable Eglise du 21ème siècle. Le présent projet consiste à trouver une Eglise digne de ce nom. Il s’agit alors à agrandir le bâtiment à condition que chaque chrétien qui vient prier trouve une place ou il peut s’asseoir. Au contraire, le dimanche et les jours de fête on trouve pas mal de gens qui sont à l’extérieur. IL faut alors essayer de faire une réhabilitation de façon à répondre à la demande et à offrir de conditions modestes un lieu de prière.

Nous demanderions à toutes personnes physiques et morales d’y mettre son soutien.

Abbé Etienne HABIMANA

Vicaire – Econome de la Paroisse Rulindo

Publié par : paroisserulindo | juillet 26, 2011

DEUX DIACRES DE LA PAROISSE RULINDO ONT ETE ORDONNES

Ce samedi 23 Juillet 2011 au cours d’une messe qui a débuté à 10H00 du matin au stade de Nyakabingo, dans la paroisse Shyorongi, l’Archevêque de Kigali, Mgr Thaddée NTIHINYURWA, entouré d’une cinquantaine de prêtres,  a ordonné quarte jeunes nouveaux prêtres. Il s’agit des diacres

-         Diacre SEBAHIRE Emmaunuel (de la paroisse Saint Dominique 9ème  prêtre originaire de cette paroisse depuis sa fondation en 1970 et Diacre UWIMANA Ildephonse  10ème pretre dans cette même paroisse )

-        Diacre UWAYEZU Albert (de la paroisse immaculée conception de Rwankuba et Diacre Justin NSANZAMAHORO de la paroisse Notre Dame du bon secours de Shyorongi.

 

 

Au cours de la même mess ,  séminaristes ont ete ordonnés diacres. Il s’agit de Fratri NIWENCUTI Didier de la paroisse Rutongo et Fratris IRATEGEKA Floribert et TUMUSHIMIRE Jean de Dieu de la Paroisse Rulindo. Je tiens a vous rappeler que Irategeka Floribert (Photo en bas est  celui qui est avant) est le fils de David Ndagijimana et Agnes Kabahonga de centrale Rulindo, CCEB de Rukore. Jean de Dieu Tumushimire(Photo en haut est celui qui est derriere) est le fils de Edouard Ndagijimana et Godelive Nyirababiligi originaire de la centrale Gitabage, CCEB de Bukongi. Puisse notre prière accompagner ces jeunes nouveaux prêtres et nouveaux diacres specialement ceux de notre paroisse de Rulindo .

 

Publié par : paroisserulindo | juillet 25, 2011

ECOLE PRIMAIRE “MATER DEI” DE RULINDO

Brève présentation de l’école Primaire “MATER DEI” DE RULINDO.

L’école primaire Mater Dei de Rulindo est une école libre subsidiée. Autrement dit une école de l’Eglise catholique en collaboration avec l’Etat.

1.     Situation géographique

L’école primaire Mater Dei est située dans la cellule de Gasiza, secteur de Bushoki, district de Rulindo. Les coordonnées géographiques sont : 29,92426 de longititude Est et 1,72296 de latitude Sud  et 1926 d’altitude. Elle est à 900metre de la grande route macadamisée Kigali- Musanze.

2.     Historique de l’école

A Noel 1910, il ya eu le premier baptême solennel à Rulindo et 5 premiers catéchumènes furent baptisés. En classe, les écoliers recevaient une instruction de catéchisme et à la fin de la deuxième année, tous les écoliers devaient être baptisés.

La construction des salles de classes en matériaux durables fut entreprise au mois d’Aout 1912. Au début, le nombre d’écoliers augmentait  lentement. En 1913, l’école a ouvert ses portes avec 20 écoliers. En 1917, il y avait 42 élèves dont 12 filles dans une section à part. En 1918, ils étaient 50.

L’école proprement dite enseignait la lecture, l ‘écriture, le calcul et un peu de swahili. L’enseignement de swahili fut supprimé en 1929.  Noel RYARAKABIJE,  prêtre ainé de la paroisse Rulindo ordonné le 16/7/1934  faisait parti des élèves de cette école.

Les premiers moniteurs de l’école sont :

  • René MUNENE
  • Ladislas BILIHANZE
  • Jérôme NEMEYEBAHIZI
  • Anatole MUNYENKIKO

Parmi eux, il y en a ceux qui avaient fait 2 ou 3 ans au petit séminaire.

Le 1/1/1930, un contrat fut signé entre la mission et le gouvernement. Celui-ci se chargeait de donner les subsides aux écoles des missions. La mission se chargeaient de recruter le personnel, fournir les bâtiments, le mobilier et l’équipement.

L’école de Rulindo a connu un essor remarquable avec le concours de l’Abbé NGAMIJE Fidèle alors directeur dans les années 1932-1938. L’école a bénéficié du concours des grands séminaristes  qui passaient une année de probation dans l’enseignement. Ils enseignaient surtout le français, la musique et le sport.

En 1944, arrivée des sœurs Benebikira dans l’école qui élevait le nombre des élèves à 350 enfants. En 1948, arrivée des frères  joséphistes, l’école de la mission profita de leur apport.

3.     Effectif des élèves après le génocide de 1994

Année scolaire Garçons Filles Total
1994-1995 399
1995-1996 199 215 414
1996-1997 297 307 604
199-1998 326 320 646
1998-1999 335 305 640
1999-2000 334 334 448
2000-2001 293 295 588
2001-2002 298 309 607
2002-2003 326 354 680
2003-2004 303 348 651
2005 299 342 641
2006 308 337 645
2007 298 340 638
2008 317 382 699
2009 338 369 707
2010 356 358 714
2011 296 315 611

Parmi  les élèves dont l’école dispose actuellement, il ya 13 qui vivent avec l’handicap physique, 2 avec handicap mental, 5 qui souffrent de l’épilepsie, 95 orphelins partiaux, 25 d’orphelins de père et de mère et 4 qui sont né avec le VIH. D’ne manière ou d’une autre cette école réclame une aide ou  matérielle

4.     Effectif des enseignants

L’école compte 9 enseignants dont 2 femmes et 7 hommes

Depuis janvier 2011, l’école primaire de Rulindo est logée dans les anciens locaux de l’ES Gasiza sis à Gasiza. Ces bâtiments ont été construits en 1974 comme CERAR (Centre d’enseignement rural et artisanal) qui est devenu CERAI (Centre d’enseignement rural et artisanal intégré).

5.      Vision de l’école

L’école primaire Mater Dei a une vision de travail bien claire qui se résume en cette abréviation « PEACE » = Paix, Education, Action Collaboration, Excellence.

Ladislas HABUMUGISHA                                                                                                                                                                                            Directeur de l’Ecole Primaire « Mater Dei »  Rulindo

Publié par : paroisserulindo | juillet 19, 2011

L’abbé Roger Depienne a fête le jubile de 60 ans de vie sacerdotale

L’abbé Depienne est un prêtre du diocèse de Namur qui vit plus de cinquante ans au Rwanda. Sans faute de se tromper, le Rwanda est un pays qu’il aime tant. Un pays où il a connu tant de beaux moments mais aussi bien des peines. De beaux moments qui ne peuvent gommer les crises, à répétition, qui ont secoué le Rwanda. Une histoire dramatiquement bouleversante que celle de ce pays d’Afrique. Rien que de l’évoquer, l’abbé Depienne a bien du mal à réprimer ses larmes.C’est dans ce pays que l’Abbe Roger Depienne a   passé un demi-siècle et un quart de sa vie sacerdotale (15 ans) l’avait passé dans la paroisse de Rulindo! 

Né à Tintigny, ‘‘sur les bords de la Semois” ajoute-t-il avec un brin de fierté dans la voix, il arrivera très vite à Namur. La famille s’installe à Salzinnes. Son enfance, il la passe à Namur. Ce n’est pas encore le temps où les vacances se vivent, à l’étranger, loin de la maison. ”Le seul séjour que j’avais fait, à l’étranger, avant de partir au Rwanda, c’était dans les Vosges avec les scouts!”
S’il n’avait pas l’âme d’un aventurier, il ne s’imaginait pas plus devenir prêtre! ”Je me disais que je serais maçon ou menuisier, je ne savais pas trop.” Roger Depienne est inscrit dans une école catholique, les professeurs sont en majorité des religieux. ‘‘Régulièrement, des Pères Blancs venaient dans les écoles pour des témoignages. Ces Pères qui rentraient de mission nous parlaient de ce qu’ils avaient vécu sur place. C’était très intéressant dommage que l’on ne procède plus comme ça aujourd’hui.” Pour les temps libres, avec ses soeurs, il participe aux activités de l’Action Catholique. Il fait aussi du scoutisme. ”J’estime que c’était là une belle vie qui était proposée à la jeunesse. Je voyais, autour de moi, des prêtres dynamiques qui se mobilisaient pour nous.” Autant d’exemples de vie qui feront sans doute qu’à la fin de ses humanités, le jeune homme envisage le sacerdoce. Ils sont sept rhétoriciens à se destiner à la prêtrise. ‘‘Etonnant, n’est-ce pas” lance l’oeil rieur l’abbé. C’est bien en paroisse et dans le diocèse de Namur qu’il conçoit sa vie. Après son ordination, le jeune abbé part pour Marche où il sera vicaire avant de s’installer à Namur, à la paroisse Saint-Joseph.

”Je suis tout petit”
Mgr Charue alors évêque de Namur est informé par un évêque rwandais qu’un collège va s’ouvrir à Kigali. L’évêque rwandais est à la recherche d’un prêtre tourné vers la pédagogie pour assurer cette mission. L’abbé Depienne répond à l’évêque: ”Je n’ai pas de formation d’enseignant par contre si on a besoin de quelqu’un dans la paroisse, je suis prêt à partir.” C’est finalement avec une mission pastorale qu’il quittera Namur quelques semaines plus tard: ”Ma famille n’a pas fait un drame de ce départ. Pour me préparer et apprendre les premiers rudiments de la langue je suis allé, à Salzinnes, chez les Pères Blancs. Ils m’ont aussi montré des photos. Les gens sont très grands au Rwanda et moi je suis tout petit. Je me faisais de ces idées….” L’abbé Depienne sourit en repensant à ses craintes.
L’accueil est chaleureux: ”Pour la population catholique rwandaise avoir un prêtre dans une paroisse est une véritable bénédiction.”Le jeune abbé a le coup de foudre pour le pays: ‘‘Mon contrat était prévu pour trois ans et je ne l’ai jamais renouvelé…” Il a travaillé comme vicaire à Kigali avant d’être chargé d’installer une paroisse à côté du couvent occupé par les soeurs de l’ Assomption. ”C’est la paroisse Notre-Dame. Quand on a commencé, il n’y avait rien. La messe se faisait dans un hangar qui avait été spécialement construit. Moi, ma maison était en tôles. Je vivais dans cette baraque et je prenais mes repas chez les soeurs. Le Rwanda est un pays très peuplé, le travail de la pastorale notamment de la catéchèse y est donc important.” Les messes rwandaises ne correspondaient alors que très peu à l’image que nous avons des messes africaines avec des fidèles qui aiment chanter, danser… Le Rwandais est plus réservé. ”Lorsque je suis arrivé, les célébrations étaient très calmes. Elles le sont beaucoup moins aujourd’hui même si elles restent beaucoup moins exubérantes que les messes congolaises.”
Un pays que l’abbé Depienne a appris à découvrir et à aimer à travers sa mission d’aumônier de la JOC. Amené à remplacer l’aumônier national, il est passé dans toutes les sections locales. ”J’avais une voiture qui me permettait d’aller à la rencontre des gens. Je devais dispenser, dans les sections, un enseignement…” Une période très riche en rencontres et qui lui réservera aussi quelques souvenirs à jamais gravés dans sa mémoire: pas évident de circuler sur des pistes pas toujours carrossables, il ne compte plus le nombre de fois où son véhicule s’embourbe …

”Je ne pouvais pas les abandonner”
Si l’abbé Depienne a de bons souvenirs au Rwanda, impossible de ne pas évoquer les blessures de ce pays. Quand on cite le génocide de 1994, l’abbé Depienne précise immédiatement que le pays a été ”secoué” bien avant cela: en 59 ce pays d’Afrique était déjà à feu et à sang comme il le sera encore quelques années plus tard, en 1962. Chez nous, les évènements de 1994 sont dans toutes les mémoires. Des heurts sanglants entre Hutus et Tutsis qui ont fait des centaines de milliers de morts entre le 6 avril et le 4 juillet. Des mois horribles dont l’abbé Depienne a beaucoup de mal à parler. Des sanglots lui serrent la gorge. ”Au mois de mai, je me suis finalement résigné à me sauver par le Burundi.” Il n’en dira pas plus.
Au mois de novembre, il repart. ”Jamais je n’aurais pu les abandonner. Je savais ce qu’ils avaient souffert et je voulais être avec eux.” L’abbé s’arrête un long moment. Pas un mot. Mais on imagine facilement toutes ces images douloureuses qui lui reviennent en mémoire. ”Je voulais être avec eux et continuer comme avant. Même si je n’ai pas retrouvé tous les paroissiens: il y a eu beaucoup de massacres autour de la paroisse. On n’a rien pu faire, rien pu empêcher…” Somme toute l’Abbe Roger Depienne a ete le Pere des banyarwanda et en particulier pere des banyaruindo.
. ”Pere Roger compte actuellement 84 ansd’existence”
Tire dans l’article de Christine Bolinne in “RCF Namur”

Publié par : paroisserulindo | juillet 13, 2011

FORUM DES JEUNES 2011

Mesdames et Messieurs, Reverandes soeurs, religieux et religieuses, chers frères dans le christ,

 

`                                                                                               Nous tenons a vous informer le septième Forum des Jeunes qui s’organise dans la Paroisse Rulindo du 17 au 20 Août 2011. Le thème est :  “DUSHORE IMIZI MURI KRISTU (Kol 2,7) TUMURIKIRE IMIRYANGO YACU.’

En effet, nous accordons  cette rencontre annuelle une importance capitale dans la pastorale de la jeunesse. Plus de 2000 jeunes, venant de notre paroisse ainsi que d’autres paroisses que nous invitons se réuniront à Rulindo pour apprendre, prier, chanter et échanger sur la vie chrétienne.  Nous remercions  les familles qui ont accepté d’héberger les jeunes qui proviendront de loin.  Votre soutien financier nous sera utile et nous  aidera à trouver le petit repas de midi pour les jeunes pendant trois jours seulement, car la nuit, ils seront dans les familles d’accueil. Nous seront aussi capables de nous trouver d’autres matériels nécessaires comme les papiers, les cahiers, les piles pour la sonorisation   etc.

Nous vous remercions d’avance pour votre générosité. Soutenir les jeunes c’est préparer l’avenir meilleur  de l’Eglise et de notre pays.

Pour la Commission de la Pastorale des jeunes

Théodore BIZABARIMANA

Président

Publié par : paroisserulindo | juillet 13, 2011

RULINDO YOUTH FORUM 2011

Rulindo parish has provided the youth forum which will take place on 17th  to 20th August 2011.  This meeting has a fundamental importance in the evangelization of the youth. More o f  2000 young come from our parishes well as others

parishes that we invite will meet in Rulindo to learn, to pray, to sing and to exchange on the Christian life.  The theme of this year is: “DUSHORE IMIZI MURI KRISTU (Kol 2,7) TUMURIKIRE IMIRYANGO YACU.

We thank the families who accepted to shelter the youth who will come from a distance.  Your financial support will help us to find the small lunch only for the youth during three days, because the night, they will be in the families.  We will also able to find us other necessary materials as well as papers, pens, the notebooks, the batteries for the sound and so on.

We will be grateful for your generosity. We will be pleased to receive your answer not later than 05th August 2011.  To sustain the youth is to prepare the better future of the Church and of our country.

For further information, please contact:

PAROISSE RULINDO, B.P 3550 KIGALI, TEL : +250 0788355505,(250) 0788776406, (250) 0788806832

E-mail : rulindoparish@gmail.com, habetieno@yahoo.fr, ntivugones04@yahoo.fr, uwajado@yahoo.fr

http://www.paroisserulindo.wordpress.com

Publié par : paroisserulindo | juillet 2, 2011

Umunsi mukuru w’abalayiki

UMWAKA WA YUBILE Y’ABALAYIKI

 

Yezu sokoy’urumuri, murikira, maze  ku bw’urumuri rwawe, mbone urumuri kandi nemere ko ari wowe soko y’urumuri.

 

Bakristu, Balayiki bavandimwe, Yezu Kristu akuzwe.

Dukomeje urugendo rwo kwizihiza  umwaka utagira uko usa wa Yubile yacu,Yubile y’abalayiki idusaba kureba icyo twamajije imyaka 25 tumaze duhawe urubuga rwo gusohorezamo ubutumwa,  ngo tugaragaze uruhare n’ishyaka dufite mu kwiyubakira Kiliziya yacu.

 

  • Ø Bavandimwe, mu ntego twahawe na komisiyo y’abalayiki muri iyi yubile, turibanda ku y’ukwezi kwa 1-2-2010 igira iti: Gutanga ituro ku bushobozi bwacu, no kwiyubakira Kiliziya ntawe  dusiganya mu guteza imbere Paruwasi yacu  na Kiliziya muri rusange.
  • Ø Bakristu  bavandimwe, kwiyubakira kiliziya, ni ubutumwa duhabwa na Yezu, atwohereza gukora mu mizabibu.NAMWE NIMUJYE MU MUZABIBU WANJYE (Mt 20, 7). Kubera ubumwe abalayiki dufitanye na Kristu, dufite umurimo n’ubushobozi bwo kwiyubakira  Kiliziya Kristu abereye umutwe, tukaba ingingo.

 

Yezu yaduhaye urugero rwiza, urugero rwiza rwo gutanga ituro igihe yohereje Petero akajya kuroba ifi, bagakuramo igiceri bakagitura (Mt 17, 27).

  • Ø Bavandimwe ni kangahe tutarobye ifi mu mirimo yacu ya buri munsi ? mu myuga inyuranye dukora, iyo tumaze kuyiroba turuhukira he ? Malayika araduha igisubizo (Mariko 3-6-10).

 

v  Imana irabwira umuryango wayo iti :

-  Murambeshya mu gutanga amaturo yanyu.

-  Murambeshya mugutanga igiceri cya 10  cy’ibyo mutunze.

-  Nuko rero muravumwe mwebwe na rubanda bose kuko mu mbeshya.

-  Ni mungarukire najye nzabagarukira, nimuzane mucyumba  cy’ububiko igice cya cumi cy’icyo mutunze maze mu Nngoro yajye habonekemo ibyo kurya, maze murebe neza uko nzabakingurira imiyoboro yo mu ijuru, nkabadendezaho imigisha myinshi. Uwo ni Uhoraho ubivuze.

 

  • Ø Balayiki bavandimwe, igihe cyose Yezu yagaragaje ko ashaka guhera ku ntege nke zacu ngo atugeze ku mu kiro we, yifuje ko twagira icyo dukora  ngo agihereho maze ahaze imbaga.
  • Ø Ikana Yahinduye amazi Divayi, imbaga yari igiye kumanjirwa iranezerwa (Yohani 2,1-12). Ibaze nawe iyo abigishwa basigana ntibavome.
  • Ø Twibuke igihe Yezu yigishije rikarenga, bamusabye ko yasezerera rubanda kubera kubura ibyo kurya, yarabasubije ati:« nimubibahe arimwe», ahera ku tugati dutanu n’udufi tubiri bamuhereje.Amaze gushimira, ategeka ko bicaza imbaga, bakabahereza, barariye barasagura (Luc 9,12-17).
  • Ø Bavandimwe murumva neza ko kwemera kuzana ku duke dufite, dufite kongeraho umurimo dufite muri Kiliziya y’Imana, Imana ibiha umugisha ikabitubura, ikabitungisha imbaga, igahaga, kandi igasagura.
  • Ø Bavandimwe, twibaze, twisuzume turebe natwe uburyo dutanga ituro ryacu ngo twiyubakire Kiliziya.

-          Ese ituro rya Kiliziya turitangira igihe ?

-          Ese ituro ry’umuganura, agaseke, gushimira Imana bikorwa bite ?

Uyu munsi urasanga hari bake bakivuga ko gutanga ituro ari  uguha Padiri akirira, abandi ngo Imana ntikeneye amafaranga.

Muvandimwe, itegereze aho wicaye, urebe imbere yawe, rambura amaso y’umutima urebe ibikenewe uyu munsi n’ejo, maze wibaze aho byava n’uruhare ubigiramo.

-          Mu rugendo shuri twakoze i Burundi, twashimishijwe n’uko ahandi bamaze kubona ko umulayiki ariwe Kiliziya, maze  nyuma y’ituro risanzwe bakongeraho irindi ryo gushimira Imana.

-          Ubukungu bwabo babushyize aho imungu itazagera (Luc 12,33).

Babandimwe, Kiliziya yacu, izashinga imizi, niduhera iwacu mu miryango remezo.

Tukubaka Kiliziya y’abemera, twirinda kuba ba nyamwigendaho aho buri wese azasingiza Imana abikesheje umuvandimwe we.

Turangije tubifuriza ibihe byiza gukomeza gusoza neza Yubile  yacu.Tuzasoza ku ya 13/06/2010, tuzirikana gahunda iri kuri depliat ya Noveni y’abalayiki twihatira gutangira igihe raporo dusabwa na Komisiyo y’abalayiki.

 

Murakoze

Uhagarariye abalayiki muri Paruwasi

Joseph TURIMUKAGA

Publié par : paroisserulindo | juillet 2, 2011

NYINA WA JAMBO IWACU I RULINDO

  BIKIRA MARIYA NYINA WA JAMBO IWACU I RULINDO

Guhera taliki ya 22/8/2010, Paruwasi Rulindo yatangiye igikorwa cyo kwakira Bikira Mariya Nyina wa Jambo no kuzirikana ku butumwa yatanze igihe yabonekeraga I Kibeho. Iki gikorwa kibera  mu miryango remezo kikaba kizamara igihe gisaga imyaka 2. Kuwa gatanu taliki 24/6/2011, nibwo abakristu ba Santrali Rulindo bari bamaranye n’Umubyeyi Mariya amezi agera ku 10 bemeye kumushyikiriza abakristu ba Santrali ya Gashinge. Byari ibirori byitabiriwe n’abakristu benshi bagera nko ku gihumbi n’amagana abiri (1200). Mu mutambagiro mwiza w’amasengesho n’indirimbo nziza, benshi bagendaga bavugurura amasezerano yabo na Bikira Mariya. Impakanizi yakunze kugaruka cyane muri izo ndirimbo n’amasengesho yabo  yagira iti: “Karame Mawe twaje ntuzigera ubura abo mufatanya ubutumwa bwo gucungura isi hano iwacu I Rulindo”. Abakristu ba santrali Rulindo bamuhekeje bitwaje urumuri bahawe nawe, ituro ritubutse rigera kuri miliyoni imwe n’ibihumbi Magana inani na mirongo icyenda (1.890.000, Buhande yagejeje kuri 512 640 Frw), ndetse n’ubuhamya butandukanye. Bwose ntitwashobora kuburondora muri iyi numero, cyakora ubu bwa  MUKAKIMENYI kimwe n’ubw’abanyeshuli b’ishuli ribanza rya Ruvumba ntitwashobora kubuceceka. Uyu MUKAKIMENYI  n’umwana we bashoboye kubana na na Bikira Mariya iminsi yose yabaye muri santrali ya Rulindo. Yagerageje kugendana nawe umuryangoremezo ku wundi kandi bitamubujije no gukora. Ibitaramo byose uko byakabaye yabigaragayemo. Abakristu batangariye ubutwari bwe biyemeza no kumwunganira mu mirimo ye bamugabira intama. Naho aba banyeshuli b’I Ruvumba basanga kuzuza umutwe ubumenyi gusa ukiyibagiza ubumenyi bw’iyobokamana ari nko kuvomera mu rutete. Bashoboye kutugezaho umuvugo mwiza kandi muremure cyane. Igitangaje ni uko bawufashe mu mutwe. Abakristu ba santrali Gashinge ntibabaye abo kurebera no gutangarira ubuhamya bagenzi babo b’I Rulindo batangaga, ahubwo nabo bari biteguye uko bishoboka kandi bari bitabiriye iki gikorwa ari benshi cyane.Uwahabuze ni uko yari afite impamvu zikomeye cyangwa ari umuhakanyi. Uwari uhagarariye abakristu ba Gashinge yavuze ko Nyina wa Jambo bamutegerejeho kubafasha gukemura amakimbirane, kurandura inzangano  n’ubugande biri kuhacumbeka.

Publié par : paroisserulindo | juin 29, 2011

CALENDRIER DES ACTIVITES: JUILLET 2011

1

V

Missa i Rulindo (A. Onesphore), Umunsi mukuru w’Umutima Mutagatifu wa Yezu. Misa y’Abanyamutima, Padiri Mukuru azasura Santarali Murambi

Hazaba kandi umwiherero na Penetensiya ku bana biteguye Ukaristiya ya mbere

2

S

Missa i Rulindo (A. Onesphore), Ibazwa ry’abanyeshuri biga mu mwaka wa kabiri ba santrali Rulindo. Umwiherero w’abakristu ba Gitabage no gushishikaza Forum ya  2011 mu Gitabage
3

D

Icyumweru cya 14 Gisanzwe

Missa i Rulindo (A. Etienne), Umunsi mpuzamahanga w’abalayiki.

Uruzinduko rwa paruwasi Rwankuba i Rulindo, mu rwego rw’urubyiruko.

saa moya Missa I Murambi n’Ukaristiya ya mbere, Misa I kayenzi saa yine.

Guha umugisha Tabernakuro y’i Kayenzi. (A. Onesphore)

4

L

Mt Elizabeti wa Poltugali, Missa i Rulindo  (A. Etienne), Konji, Umunsi mukuru wo kwibohoza
5

M

Mt Antoni Mariya Zakariya, Missa i Rulindo (A. Etienne), Missa i Tare (A. Onesphore)
6

ME

Mt Mariya Goreti, Missa i Rulindo (A. Etienne), Umwiherero na Penetensiya mu Gitabage n’I Ruhondo, ku bana biteguye guhabwa Ukaristiya ya mbere.
7

J

Missa i Rulindo (A. Etienne), Missa mu Benebikira (A. Onesphore), Session des séminaristes à Kigali
8

V

Missa i Rulindo (A. Etienne)
9

S

Missa i Rulindo (A. Etienne), Ibazwa ry’abana biga mu wa 2, ba santrali Rulindo.

Rencontre des Ouvriers apostoliques à KIGALI

10

D

Icyumweru cya 15 Gisanzwe

Missa i Rulindo (A. Onesphore), Saa moya I Gitabage Misa n’Ukaristiya ya mbere, saa yine mu Ruhondo misa n’Ukaristiya ya mbere.Icyumweru cyo gushishikariza urubyiruko kuzitabira Forum.

Ihuriro ry’imiryango y’action gatolika rizasura Santrali Murambi i Murambi

Fratri azashishikaza Forum i Murambi.

11

L

Mt Benedigito, Missa i Rulindo (A. Onesphore), Arrivée d’un séminariste pour les vacances, Récollection des stagiaires à Nyamirambo.
12

M

Missa i Rulindo (A. Onesphore), Missa I Tare ( A. Etienne), Ibazwa ry’abigishwa biga umwaka wa 1 bose. Ibazwa ry’abarangije inyigisho y’umubano I Rulindo saa 8h00, inama ya komite y’amakoraniro.

Gushishikaza FORUM Y’URUBYIRUKO muri sikilsale BUHANDE, BUSHOKI, VUNGU NA GITSIRO

13

ME

Missa i Rulindo (A. Onesphore), Missa kuri TCT I saa 17h00 ( A. Etienne)
14

J

Missa i Rulindo (A. Onesphore), Missa mu Benebikira (A. Etienne)
15

V

Mt Bonaventure, Missa i Rulindo (A. Onesphore), I Rulindo saa mbili, Umwiherero w’Abakarumeli.

Gushishikaza FORUM Y’URUBYIRUKO muri sikilisale GIHINGA

16

S

Missa i Rulindo (A. Onesphore), Notre Dame du Mont Carmel.

Saa 9h00, itangwa ry’ Ubupadiri kuri Katedrali  St Michel  Diacre Jean Pierre na Diacre Fransisco

Ibazwa ry’abanyeshuri biga mu wa 2 ba TARE, Murambi, Ruhondo, Gashinge, na Gitabage. Ibazwa ry’abanyeshuri basigaye bose.

17

D

Icyumweru cya 16 Gisanzwe

Missa i Rulindo (A. Etienne), Umunsi wo kujya gusura Padiri Roger  Depienne no kumwifuriza isabukuru nziza ( Bizakorwa n’abakristu bose  biteguye icyo gikorwa bajyane na Padiri).

Missa y’umuganura ya Diacre  Jean Pierre NTIVUGURUZWA

Gushishikaza FORUM Y’URUBYIRUKO muri sikilsale RULINDO  NA RUHANYA

18

L

Missa i Rulindo (A. Etienne)
19

M

Missa i Rulindo (A. Etienne), Missa I Tare ( A. Onesphore), I Rulindo saa mbili, inama y’abakateshiste bahagarariye abandi.
20

ME

Mt Appollinaire, Missa i Rulindo (A. Etienne), Gusura abagororwa bafungiwe mu Miyove (Abakarisimatike.)
21

J

Missa i Rulindo (A. Etienne), Nta Misa mu Benebikira.  Saa kumi Misa i Ruhondo.(A. Onesphore)
22

V

Mt Mariya Madalina, Missa i Rulindo (A. Etienne),
23

S

Mt Brigitte,  Missa i Rulindo (A. Etienne),Ugushyingirwa i Rulindo ,  Isakaramentu ry’Ubusaseridoti i Shyorongi ku ba Diyakoni Justin, Emmanuel, Albert na Ildephonse n’ubudiyakoni kuba Fratri ba Paruwasi yacu : Jean de Dieu wa Santarali GITABAGE na Floribert wa Santrali RULINDO.
24

D

Icyumweru cya 17 Gisanzwe

Missa i Rulindo (A. Onesphore)

Missa y’umuganura ya Diacre Justin NSANZAMAHORO I Rwahi (Fratri).

Missa y’umuganura ya Diacre Emmanuel SEBAHIRE I Ruli ( A. Etienne)

25

L

Mt YAKOBO,Missa i Rulindo (A. Onesphore), Deuxième  évaluation du  stage à St paul (Fratri JD)
26

M

Mt ANNA NA YOHAKIMI ( Ababyeyi ba Bikira Mariya), Missa i Rulindo (A. Onesphore),

Missa I Tare (A. Etienne)

27

ME

Missa i Rulindo (A. Onesphore), Ikoraniro ry’i Murambi rizasura abarwayi i Rutongo.

Inama y’abahuzabikorwa ba Caritas za Santrali, Forum des jeunes à Gishaka ( Fratri J. Dieu )

28

J

Missa i Rulindo (A. Onesphore), Misa mu Benebikira (A. Etienne), Saa cyenda Misa y’abanyeshuri  i Gitabage.
29

V

Mt MARITHA, Missa i Rulindo (A. Onesphore), Umwiherero na Penetensiya ku bana bazahabwa Ukaristiya ya 1 b’i Tare
30

S

Mt Petero Kilisologi, Missa i Rulindo (A. Onesphore), Umunsi w’umuganda rusange.
31

D

Icyumweru cya 18 Gisanzwe

Missa i Rulindo (A. Etienne), Gushimira Imana i Rulindo.

I Tare Misa na Ukaristiya ya mbere  (A. Onesphore)

Articles Précédents »

Catégories

Suivre

Get every new post delivered to your Inbox.